Le Président de la République Paul Kagame a reçu ce mercredi 3 mars le Chef d’Etat-major de l’armée qatarie, le Lieutenant Général Salem Al Nabit qui est en visite de 3 jours au Rwanda. L’officier ...
Abayobozi b’Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zikorera mu bice bihana imbibi n’ibihugu byombi bahuriye i Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba. Iyi nama ya 12 yigiwemo ingamba zo ku kurushaho kunoza ...
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye abagera ku 4562 basoje amasomo mu Ishuri ry’Imyuga, Tekinike n’Ubumenyingiro, RP (Rwanda Polytechnic) kurangwa n’indangagaciro no kubyaza umusaruro ...
Ababyeyi n'abana bo mu Ntara y’Amjayepfo ntibavuga rumwe ku kibazo cy’abana bakomeje guta ishuri, gusa ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo ku bufatanye n’inzego zibanze n’ibigo by’amashuri hari ingamba ...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Brig Gen Ronald Rwivanga, yifatanyije n’abanyeshuri, abarimu, abayobozi n’ababyeyi bo muri Lycée Notre Dame de Cîteaux, mu gikorwa cyo ...
Minisitiri w'Ingabo, Juvenal Marizamunda, ari kubarizwa muri Brazil aho ari kugirira uruzinduko rw'akazi rw'iminsi ine ku butumire bwa mugenzi we, Jose Mucio Monteiro Filho. Ni amakuru yatangajwe na ...
U Rwanda rugiye kongera ubushobozi bw’ibigega bizigama ibikomoka kuri peteroli aho bizava kuri litiro miliyoni 66.4 zikoreshwa mu kwezi kumwe gusa bikagera kuri litiro miliyoni 334 zikoreshwa mu mezi ...
Ingabo z’u Rwanda zijeje ubufatanye Ingabo za Afurika y’iburasirazuba zihora ziteguye gutabara aho rukomeye (East Africa Standby Force-EASF) mu gusangira amakuru ku gihe ku birebana n’ibyorezo, ibiza ...
Umunyamabanga Mukuru w'Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda, yavuze ko mu nshingano aherutse kurahirira azakomereza ku musingi washyizweho w’ubufatanye n’izindi ...
Umuyobozi w’Ishami ry’Indwara zitandura mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima, RBC, Dr Ntaganda Evariste, yavuze ko mu ikusanyamakuru ry’ibanze ryakozwe basanze hari abaturage benshi bafite indwara yo ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Bamwe mu barimu n'abayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze, batangaje ko babangamiwe n'ubucucike bugaragara mu byumba by'amashuri, bavuga ko bikoma mu nkokora ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results